Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije ababuriye ababo mu mpanuka ya bisi

  Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka ikomeye bus ya International yakoreye ahitwa i Rusiga, ku muhanda Kigali-Musanze ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 11 Gashyantare 2025. Mu bagenzi 53 bari bari muri yi bus yerekezaga i Musanze iturutse i Kigali, Umuvugizi wa Traffic Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangarije Radio…

Inkuru irambuye